News, Entertainment ,Learning, Documentary, Story


New Paradise Tv

Junior Giti wamenyekanye cyane mu gusobanura filime yavuze ko impamvu atagishyira imbaraga nyinshi muri iyi mirimo ari uko yasanze itatunga urugo yonyine.

Junior Giti yahisemo kuyoboka ubworozi bw’inkoko, akemeza ko bwamubyariye inyungu nyinshi kurenza iyo abona mu gusobanura filime.

Junior Giti wijeje akazi abamunenze kuri iki cyemezo, yagize ati “Naricaye mbona mfashe ‘microphone’ ngo mvuge njye mu gasobanuye mu rugo bashobora gusonza.”

1 month ago | [YT] | 25

New Paradise Tv

https://youtu.be/gnJuswTNwiw

Ni gute Wahuza Ubuzima bwo kuba Umukristo n'ubuzima busanzwe bwa buri munsi?

Murakaza neza muri iki kiganiro cyihariye kuri New Paradise TV hamwe na JOSHUA Ufite Youtube Chanel yitwa Ubuzima Buramya Imana TV.

Tuganira ku ngingo ikora ku buzima bwa benshi: "Ni gute wahuza ubuzima bwo kuba Umukristo n'ubuzima busanzwe?"

Muri iki kiganiro turasesengura:
Uko Umukristo yabaho ukwizera kwe mu buzima bwa buri munsi.

Gukorera Imana mu kazi, mu muryango no mu mibanire n'abandi.
Imbogamizi zo kubaho nk'Umukristo muri iki gihe n'uko wazitsinda.

Inama zafasha umuntu gukomeza kwizera adatatira inshingano z'ubuzima busanzwe.

Niba wifuza kumva byinshi twaganiriye waca kuri iyo link iri munsi

https://youtu.be/gnJuswTNwiw

maze ukiyumvira amagambo meza afasha benshi gusobanukirwa

Niba iki kiganiro cyakugiriye akamaro, kora LIKE, SHARE, na SUBSCRIBE kuri New ParadiseTv no kuri Ubuzima Buramya Imana TV kugira ngo udacikanwa n'ibindi biganiro byubaka tukugezaho Umunsi kuwundi.

#New Paradise Tv
#UbuzimaBuramyaImanaTV
#Joshua
#TheBen #PastorJulieneKabanda #Ubukristo #Ukwizera #GukoreraImana #IkiganiroCyubaka #ChristianLife #GospelRwanda

1 month ago | [YT] | 29

New Paradise Tv

Dir. Frank Chopper umwe muba Director beza Dufite mu Rwanda , akaba umwe mubagira Uruhare runini kugirango video nibiganiro byacu Nka New Paradise Tv bibagereho, akaba Yibarutse Umwana Winfura w'umuhungu , natwe nka New Paradise Team twateye Impundu Tugira Turi Musubireyo ...

1 month ago | [YT] | 82

New Paradise Tv

Guys ,Murabagaciro kuri twe , niba utarakora subscribe nawe wayikora uraba uduteye inkunga ihambaye

1 month ago | [YT] | 50

New Paradise Tv

Thank you my Subscribers

https://youtu.be/qEu44fWCxCs?si=BVuki...

4 months ago | [YT] | 29

New Paradise Tv

https://youtu.be/TH499KN8A08?si=Q4_DH...
Umwana wimyaka 15 aririmba nka sara Sanyu wa #AMBASADORS

4 months ago | [YT] | 26

New Paradise Tv

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yongeye kunenga abayobozi batubahiriza indangagaciro z’imiyoborere myiza. Mu ijambo rye, yavuze ku myitwarire y’abantu bafite inshingano ariko bakaba batitabira kuba urugero rwiza, anavuga ku bijyanye n’ubusinzi mu bayobozi. Yagize ati: “Aba Police baramupimye igipimo cyenda guturika, ugatwara wasinze ngo urumuyobozi?”
Ni ubutumwa bukangurira abayobozi kuba intangarugero mu mico, mu kazi, no mu bikorwa byabo bya buri munsi.

https://youtu.be/RjdoAAHrBqY?si=PrqFU...

8 months ago | [YT] | 7

New Paradise Tv

Iyi mvugo ikomeye ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yerekana uburyo ababyeyi b’abagore b’intwari bagize uruhare rukomeye mu kubaka no kurengera ubuzima bw’imiryango yabo.
“Mama yaremeye arahinga kugira ngo tubeho, data byamunaniye” ni amagambo yuzuye isomo ry’ubwitange, urukundo n’ubushobozi bw’umubyeyi w’Umunyarwandakazi.

🎧 Reba / wumve amagambo yuzuye impanuro n’ukuri ku buzima bw’ababyeyi n’uruhare rwabo mu iterambere ry’igihugu.


https://youtu.be/OjaDw2VUpYU?si=vnUGK...

8 months ago | [YT] | 4