U Rwanda rwikuye mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo hagati (ECCAS), nyuma yo kubona ko uwo muryango wabaye igikoresho cya RDC ndetse na bimwe mu bihugu biwugize. Ibyo byongeye kwigaragaza kuri uyu wa Gatandatu mu nama isanzwe ya 26 y'uwo muryango, ubwo u Rwanda rwangirwaga kuwuyobora nk'uko byari biteganyijwe hakurikijwe uko ibihugu bisimburanwa.
U Rwanda rwagaragaje ko atari ubwa mbere rudahabwa agaciro muri uwo muryango, kuko mu 2023 rwangiwe kwitabira inama ya 22 y'uwo muryango yari yabereye i Kinshasa. Icyo gihe u Rwanda rwandikiye uwayoboraga Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ariko ntiyagira icyo abikoraho. Ibyo byagaragaje ko uko guceceka no kuba ntacyakozwe bigaragaza intege nke z'uwo muryango kuko wananiwe kubahiriza amategeko awugenga.
lZIZE Official
“Mu Bufaransa, imbwa yaciye urubanza rw’abantu! Ibi byabaye ku mugaragaro mu mateka. Waba ubyemera?”😊
https://youtu.be/tlaqhWng2-s?si=igwWq...
10 months ago | [YT] | 5
View 2 replies
lZIZE Official
🔹 “Utekereza ko abantu benshi babaho nabi kubera…?”
Imyemerere
Ubukene bwo mu mutwe
Leta mbi
Kutagira amahirwe
Hitamo icyo wowe ubona gitera abantu kubaho nabi.
10 months ago | [YT] | 2
View 2 replies
lZIZE Official
Ese wakoze subscribe hano kuri IZIZE Official TV channel yange nawe?😊
10 months ago | [YT] | 1
View 0 replies
lZIZE Official
U Rwanda rwikuye mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo hagati (ECCAS), nyuma yo kubona ko uwo muryango wabaye igikoresho cya RDC ndetse na bimwe mu bihugu biwugize. Ibyo byongeye kwigaragaza kuri uyu wa Gatandatu mu nama isanzwe ya 26 y'uwo muryango, ubwo u Rwanda rwangirwaga kuwuyobora nk'uko byari biteganyijwe hakurikijwe uko ibihugu bisimburanwa.
U Rwanda rwagaragaje ko atari ubwa mbere rudahabwa agaciro muri uwo muryango, kuko mu 2023 rwangiwe kwitabira inama ya 22 y'uwo muryango yari yabereye i Kinshasa. Icyo gihe u Rwanda rwandikiye uwayoboraga Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ariko ntiyagira icyo abikoraho. Ibyo byagaragaje ko uko guceceka no kuba ntacyakozwe bigaragaza intege nke z'uwo muryango kuko wananiwe kubahiriza amategeko awugenga.
1 year ago | [YT] | 3
View 0 replies